Home
Categories
EXPLORE
True Crime
Comedy
Society & Culture
Business
Sports
TV & Film
Health & Fitness
About Us
Contact Us
Copyright
© 2024 PodJoint
00:00 / 00:00
Sign in

or

Don't have an account?
Sign up
Forgot password
https://is1-ssl.mzstatic.com/image/thumb/Podcasts125/v4/22/6f/8d/226f8d63-e4de-27ea-539e-523b7881ca75/mza_5159479897632922404.jpg/600x600bb.jpg
RadioBook Rwanda
RadioBook Rwanda
8 episodes
9 months ago
Rutarindwa yitabye Imana ariko mu buryo bw’amayobera busize abaganga mu rujijo. Ibi biratera murumuna we Karemera kugomba kumenya ibanga riteye ubwoba ry’umuryango yakomotsemo. Iri banga ni irihe? Kandi arabyitwaramo gute? Iyi nkuru yanditswe na Jimmy Tuyiringire. Mu buryo bw’amajwi, inkuru yasomwe na Hervé Kimenyi. Hanyuma, uwafashe amajwi akanayatunganya ni Eloise Stevens afatanyije na Lucky Grace Isingizwe. RadioBook Rwanda ni umushinga mushya wo gusohora ibihangano by’ubuvanganzo mu nyandiko no mu majwi umurika impano zo mu Rwanda no muri Afurika y’Iburasirazuba. Igitekerezo k’ibi bikorwa cyakomotse ku bigo bitatu bisohora ibitabo: Huza Press (Kigali, Rwanda), Kwani Trust (Nairobi, Kenya), hamwe na No Bindings (Bristol, UK). Ni umushinga mushya w’ibihangano bishya bigera ku bantu mu buryo bwagutse, uterwa inkunga na gahunda ya British Council yo guteza umbere ubugeni bwo muri Afurika y’Iburasirazuba.
Show more...
Arts
RSS
All content for RadioBook Rwanda is the property of RadioBook Rwanda and is served directly from their servers with no modification, redirects, or rehosting. The podcast is not affiliated with or endorsed by Podjoint in any way.
Rutarindwa yitabye Imana ariko mu buryo bw’amayobera busize abaganga mu rujijo. Ibi biratera murumuna we Karemera kugomba kumenya ibanga riteye ubwoba ry’umuryango yakomotsemo. Iri banga ni irihe? Kandi arabyitwaramo gute? Iyi nkuru yanditswe na Jimmy Tuyiringire. Mu buryo bw’amajwi, inkuru yasomwe na Hervé Kimenyi. Hanyuma, uwafashe amajwi akanayatunganya ni Eloise Stevens afatanyije na Lucky Grace Isingizwe. RadioBook Rwanda ni umushinga mushya wo gusohora ibihangano by’ubuvanganzo mu nyandiko no mu majwi umurika impano zo mu Rwanda no muri Afurika y’Iburasirazuba. Igitekerezo k’ibi bikorwa cyakomotse ku bigo bitatu bisohora ibitabo: Huza Press (Kigali, Rwanda), Kwani Trust (Nairobi, Kenya), hamwe na No Bindings (Bristol, UK). Ni umushinga mushya w’ibihangano bishya bigera ku bantu mu buryo bwagutse, uterwa inkunga na gahunda ya British Council yo guteza umbere ubugeni bwo muri Afurika y’Iburasirazuba.
Show more...
Arts
https://i1.sndcdn.com/avatars-000541527744-n2aypd-original.jpg
Waiting For Words
RadioBook Rwanda
9 minutes 29 seconds
6 years ago
Waiting For Words
Keza is desperate to have children. But how can she communicate this to her husband? Written by Mutsinzi Eric. Read by Natacha Muziramakenga. Produced by Eloise Stevens. RadioBook Rwanda is a new multimedia literary imprint, showcasing Rwandan and East African creative voices. It is the brainchild of three publishers: Huza Press in Kigali, Rwanda, Kwani Trust in Nairobi, Kenya and No Bindings in Bristol in the UK. It is a new Art new Audiences project supported by the British Council’s East Africa Arts Programme.
RadioBook Rwanda
Rutarindwa yitabye Imana ariko mu buryo bw’amayobera busize abaganga mu rujijo. Ibi biratera murumuna we Karemera kugomba kumenya ibanga riteye ubwoba ry’umuryango yakomotsemo. Iri banga ni irihe? Kandi arabyitwaramo gute? Iyi nkuru yanditswe na Jimmy Tuyiringire. Mu buryo bw’amajwi, inkuru yasomwe na Hervé Kimenyi. Hanyuma, uwafashe amajwi akanayatunganya ni Eloise Stevens afatanyije na Lucky Grace Isingizwe. RadioBook Rwanda ni umushinga mushya wo gusohora ibihangano by’ubuvanganzo mu nyandiko no mu majwi umurika impano zo mu Rwanda no muri Afurika y’Iburasirazuba. Igitekerezo k’ibi bikorwa cyakomotse ku bigo bitatu bisohora ibitabo: Huza Press (Kigali, Rwanda), Kwani Trust (Nairobi, Kenya), hamwe na No Bindings (Bristol, UK). Ni umushinga mushya w’ibihangano bishya bigera ku bantu mu buryo bwagutse, uterwa inkunga na gahunda ya British Council yo guteza umbere ubugeni bwo muri Afurika y’Iburasirazuba.