Rutarindwa yitabye Imana ariko mu buryo bw’amayobera busize abaganga mu rujijo. Ibi biratera murumuna we Karemera kugomba kumenya ibanga riteye ubwoba ry’umuryango yakomotsemo. Iri banga ni irihe? Kandi arabyitwaramo gute?
Iyi nkuru yanditswe na Jimmy Tuyiringire.
Mu buryo bw’amajwi, inkuru yasomwe na Hervé Kimenyi.
Hanyuma, uwafashe amajwi akanayatunganya ni Eloise Stevens afatanyije na Lucky Grace Isingizwe.
RadioBook Rwanda ni umushinga mushya wo gusohora ibihangano by’ubuvanganzo mu nyandiko no mu majwi umurika impano zo mu Rwanda no muri Afurika y’Iburasirazuba. Igitekerezo k’ibi bikorwa cyakomotse ku bigo bitatu bisohora ibitabo: Huza Press (Kigali, Rwanda), Kwani Trust (Nairobi, Kenya), hamwe na No Bindings (Bristol, UK). Ni umushinga mushya w’ibihangano bishya bigera ku bantu mu buryo bwagutse, uterwa inkunga na gahunda ya British Council yo guteza umbere ubugeni bwo muri Afurika y’Iburasirazuba.
All content for RadioBook Rwanda is the property of RadioBook Rwanda and is served directly from their servers
with no modification, redirects, or rehosting. The podcast is not affiliated with or endorsed by Podjoint in any way.
Rutarindwa yitabye Imana ariko mu buryo bw’amayobera busize abaganga mu rujijo. Ibi biratera murumuna we Karemera kugomba kumenya ibanga riteye ubwoba ry’umuryango yakomotsemo. Iri banga ni irihe? Kandi arabyitwaramo gute?
Iyi nkuru yanditswe na Jimmy Tuyiringire.
Mu buryo bw’amajwi, inkuru yasomwe na Hervé Kimenyi.
Hanyuma, uwafashe amajwi akanayatunganya ni Eloise Stevens afatanyije na Lucky Grace Isingizwe.
RadioBook Rwanda ni umushinga mushya wo gusohora ibihangano by’ubuvanganzo mu nyandiko no mu majwi umurika impano zo mu Rwanda no muri Afurika y’Iburasirazuba. Igitekerezo k’ibi bikorwa cyakomotse ku bigo bitatu bisohora ibitabo: Huza Press (Kigali, Rwanda), Kwani Trust (Nairobi, Kenya), hamwe na No Bindings (Bristol, UK). Ni umushinga mushya w’ibihangano bishya bigera ku bantu mu buryo bwagutse, uterwa inkunga na gahunda ya British Council yo guteza umbere ubugeni bwo muri Afurika y’Iburasirazuba.
Rutarindwa dies under mysterious circumstances and his brother, Karamera, is forced to confront a family secret.
Written by Jimmy Tuyiringire.
Read by Hervé Kimenyi.
Produced by Eloise Stevens.
RadioBook Rwanda is a new multimedia literary imprint, showcasing Rwandan and East African creative voices. It is the brainchild of three publishers: Huza Press in Kigali, Rwanda, Kwani Trust in Nairobi, Kenya and No Bindings in Bristol in the UK. It is a new Art new Audiences project supported by the British Council’s East Africa Arts Programme.
RadioBook Rwanda
Rutarindwa yitabye Imana ariko mu buryo bw’amayobera busize abaganga mu rujijo. Ibi biratera murumuna we Karemera kugomba kumenya ibanga riteye ubwoba ry’umuryango yakomotsemo. Iri banga ni irihe? Kandi arabyitwaramo gute?
Iyi nkuru yanditswe na Jimmy Tuyiringire.
Mu buryo bw’amajwi, inkuru yasomwe na Hervé Kimenyi.
Hanyuma, uwafashe amajwi akanayatunganya ni Eloise Stevens afatanyije na Lucky Grace Isingizwe.
RadioBook Rwanda ni umushinga mushya wo gusohora ibihangano by’ubuvanganzo mu nyandiko no mu majwi umurika impano zo mu Rwanda no muri Afurika y’Iburasirazuba. Igitekerezo k’ibi bikorwa cyakomotse ku bigo bitatu bisohora ibitabo: Huza Press (Kigali, Rwanda), Kwani Trust (Nairobi, Kenya), hamwe na No Bindings (Bristol, UK). Ni umushinga mushya w’ibihangano bishya bigera ku bantu mu buryo bwagutse, uterwa inkunga na gahunda ya British Council yo guteza umbere ubugeni bwo muri Afurika y’Iburasirazuba.